Kubabarira Bitanga Amahoro

Kandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriye nabi, MUMUBABARIRE kugira ngo So wo mu ijuru na we abababarire ibyaha byanyu. Ariko NIMUTABABARIRA abandi, So wo mu ijuru na we NTAZABABABARIRA ibyaha byanyu.(Mk 11:25-26). Ese iki cyanditswe cyaba kiguteye ubwoba? Igisubizo cyawe niki.

Muri iki gitabo uzigamo kubabarira mu buryo bworoshye – kugirango nawe uzahabwe imbabazi na Data wo mu ijuru. Leka iki gitabo kikubere umuyobora kugeza ugeze kurwego rwo kubasha kubabarira byoroshye n’umutima wawe wose.

Buy For Apple Devices
Buy from Google books
Category:

Description

Kandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriye nabi, MUMUBABARIRE kugira ngo So wo mu ijuru na we abababarire ibyaha byanyu. Ariko NIMUTABABARIRA abandi, So wo mu ijuru na we NTAZABABABARIRA ibyaha byanyu.(Mk 11:25-26). Ese iki cyanditswe cyaba kiguteye ubwoba? Igisubizo cyawe niki.

Muri iki gitabo uzigamo kubabarira mu buryo bworoshye – kugirango nawe uzahabwe imbabazi na Data wo mu ijuru. Leka iki gitabo kikubere umuyobora kugeza ugeze kurwego rwo kubasha kubabarira byoroshye n’umutima wawe wose.

Buy For Apple Devices
Buy from Google books

Reviews

There are no reviews yet.

Be the first to review “Kubabarira Bitanga Amahoro”

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Title

Go to Top