-
Gushinga amatorero ni ikintu cyogeye mu bakozi b’Imana bavuga rikijyana. Wari umurimo w’ingenzi mu bakristo bo mu kinyejana cya mbere. Gushinga amatorero kugira icyo kugeraho gusaba kuba umuntu yifitemo ubushobozi kandi bikubiyemo ibintu byinshi. Muri iki gitabo, Dag Heward- Mills yerekana ibice bitandukanye byo gushinga itorero. Ni imfashanyigisho yaha amahugurwa umukozi w’Imana uwo ariwe wese ushaka gukora umurimo wo gushinga amatorero nk’intego y’ubuzima bwe.
-
Yesu Kristo yerekana ihame rikomeye riyobora ku butunzi n’ubukire. Ufite azongererwa! Mbega ukuntu bibabaje! Kandi uko niko kuri kuduhora mu maso buri munsi. Yesu Kristo yerekana ihame rikomeye riyobora ku butunzi n’ubukire. Uzamenyera byinshi mu mabanga yerekeye ubukire ubwo uzaba wiga iki gitabo cya Dag Heward Mills.
-
Tuzi ko gukura ku itorero bigoye kukubona no kukugeraho. Abashumba bose bifuza ko amatorero yabo yakura. Iki gitabo ni igisubizo kuri wowe ushaka ko itorero ryawe rikura. Uzasobanukirwa ukuntu “ibintu byinshi bitandukanye bikorera hamwe” kugira ngo habeho gukura ku itorero. Mushumba w’itorero nkunda, uko amagambo no gusigwa amavuta kw’iki gitabo bigenda bigera mu mutima wawe, uzagira ugukura ku itorero wasengeraga.
-
Bivuye mu byo Imana idusaba ku bijyanye no kuba abayobozi, ni gake tubona ibyanditswe hejuru y’ibi. Muri kino gitabo Dag Heward-Mills asobanura neza amahame yafasha insengero kuguma bahagaze neza. Ibyanditswe biri muri kino gitabo, bitanga inyigisho zifatika kandi zunvikana zimaze gufasha insengero nyinshi.
-
Abantu benshi bibaza ibibazo byinshi ku bijyanye no gutanga kimwe mu icumi nubwo iki gikorwa cya kera cyagejeje Abayuda ku butunzi bwinshi. Muri iki gitabo, Bishopu Dag Heward-Mills arigisha uko gutanga kimwe mu icumi ari yo ntandaro yo kugira ubutunzi ndetse n’iterambere. Iki gitabo rero cya Dag Heward-Mills ni kigushimishe.
-
Bibiliya itubwira ko twese dukora amakosa menshi kandi n’abashumba b’itorero na bo barayakora. Amakosa aba ashobora kugusubiza inyuma mu kimbo cyo kujya imbere. Ikosa rishobora kukubuza gutera imbere. Mbese ni ayahe makosa umushumba w’itorero ashobora kuba yakora? Mbese ni ayahe makosa icumi akomeye y’abashumba b’itorero? Urarikiwe gusoma iki gitabo kugira ngo wivumburire amakosa ushobora kuba wakora no kumenya uburyo bwo kwirinda amakosa akomeye umushumba w’itorero ashobora kuba yakora. Iki gitabo k’ingenzi kizabera umugisha wowe ubwawe n’umurimo wawe.
-
Ugusīgwa ni urufunguzo rw’ibanze rukenewe mu gukingurira umuryango umurimo w’Imana ugera ku nsinzi kandi wuzuye. Abantu benshi bagerageje gukora umurimo w’Imana bafite impamvu nziza, batagera kure cyane kuko batabashije kumenya ko atari “ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye (ugusīgwa)” [Zekariya 4:6]. Iki gitabo kidasanzwe kitwa “Fata ugusīgwa” cyanditswe n’Umushumba Dag Heward-Mills kizakwigisha icyo gufata ugusīgwa bivuze n’uko ushobora kubikora mu buryo bw’ibikorwa! Reka kwifuza ugusīgwa kw’Imana kuzamuke muri wowe binyuze mu mpapuro zigize iki gitabo!
-
Ubuzima bushobora kuba ikotaniro ry’ibibazo kuri buri wese. Ibihe byinshi icyo ukeneye ngo utsinde ibikugoye ni ubwenge. Ubwenge ni ibanga ry’Imana rizagufasha kuva mu ngorane ujya mu buzima bw’agatangaza. Imana yakwimikiye kuguhesha icybahiro. Ibanga ry’Imana ni ubwenge bw’Imana buhishwe bwaringanirijwe kuguhesha icyubahiro n’ubwiza. Ndasaba ngo amahishurirwa y’iki gitabo ajye aguha insinzi buri munsi! Ndasaba ngo iki gitabo kiguhe ubwenge bwo kunesha!
-
Nk’umukristo imbaraga mu mibereho yawe zikwiye kuba Umwuka Wera. Iki gitabo kikubashisha gusobanukirwa uko imyitwarire yawe, umutimanama wawe, guhanga ibintu kwawe ndetse n’ubushobozi ufite mu kuba uwera bishobora guterwa n’Umwuka Wera. Binyuze muri iki gitabo k’agahebuzo cyanditswe na Heward-Mills, ugomba kwemerera Umwuka Wera kuyobora, kukubera indorerwamo, kugira ingaruka no guhindura imibereho yawe by’iteka.